Imibereho ijya imbere kandi ikura ni inzozi za buri muntu ku giti ke, umuryango, ibigo ndetse n’inzego za Leta. Ibi bikaba ari nako Akarere ka Karongi (nk’urwego rw’ibanze kabibona). Iterambere ridaheza kandi ryihuse mu byiciro byose by’ubuzima bw’umuturage ni intego y’Akarere.
Uretse Ibikorwa by’Iterambere bikorwa n’abaturage, ibikorwa n’Akarere ku mafaranga ava ku ngengo y’amri ya Leta, hari n’ibikorwa n’abafatanyabikorwa b’Akarere: Ibigo bya Leta, abikorera (PSF), Imiryango itari iya Leta (iyo mu gihugu na mpuzamahanga) ndetse n’abanyamadini,.
Ibi byose biba bigamije kuzamura ikigero cy’imibereho mu bukungu, imibereho n’imibanire. Abafatanyabikorwa b’Akarere ni benshi kandi bakora byinshi ikaba ari nayo mpamvu, iterambere mu bice byinshi rigenda rigerwaho.
Muri iyi nyandiko twagendereye bamwe mu bafatanyabikorwa batugaragariza ibyo bakora.
- GHH:
- CARITAS:
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· kurwanya isuri,
· Isuku n’Isukura(WASH)
· Amatsinda y’urubyiruko
· Guteza imbere imirire myiza binyuze mu buhinzi bw’imboga
· Kwishyura MUSA, gufasha abafite ubumuga ndetse n’abahuye n’ibiza
-
SGR: Sustainable Growers Rwanda
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· Guteza imbere ubuhinzi bwa kawa
Mu Murenge wa Gishyita, bafashije Koperative yitwa Gishyita Coffee gutera ikawa ku buso bwa bwa 2.5 ha, ahateye ibiti 5000 bya kawa.
SAIP
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· Kongera umusaruro w’Ubuhinzi
· Kuhira no kwita ku bikorwa remezo bisanzwe bikoreshwa mu kuhira
· Guteza imbere ubuhinzi bugamije amasoko
· Guhuza abahinzi n’amasoko
· Gufasha abahinzi kubona greenhouses bateza imbere ubuhinzi bukorewe ku butaka butoya
SNV/HORTINVEST
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· Gushyiraho imirima shuri ya ibihingwa bitandukanye mu cyanya cyuhirwa
· Gushishikariza abahinzi bo mu cyanya cyuhirwa uburyo bwo guhinga ibihingwa bitanga umusaruro no kuwuhunika mu gihe utegereje kugezwa ku isoko,
WORLD VISION INTERNATIONAL
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· Ibikorwa bifasha abana mu myigire n’ubuzima (kuvuzwa),
· Kurwanya imirire mibi,
ü gutanga matungo magufi ku miryango ikennye,
ü gutanga amazi meza,
lbyose bigamije kuzamura imibereho myiza y’abana.
Ivuriro ryubatswe na World Vision
ONE ACRE FUND/TUBURA
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· Gukora ubushakashatsi ku bihingwa bitandukanye kugira ngo birimo ibishyimbo, ibigori na soya.
· Gukora pepiniyeri z’ibiti by’imbuto n’ibivangwa n’imyaka bihabwa abaturage.
· Gutanga inyongeramusaruro ku ideni ku baturage bishyura buhoro buhoro
BIBE AMAHORO
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· Kurwanya ubukene : gufasha abaturage mu kwibumbira mu matsinda yo kubitsa no kugurizanya bagakora udushinga duto two kwiteza imbere.
· Uburinganire : Bigisha abatuarge kwimakaza ihame ry’’uburinganire n’ubwuzuzanye, kurwanya amakimbirane mu miryango ndetse n’ihohoterwa iryo ari ryo ryose.
HUMANITY AND INCLUSION
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· Gufasha no gukangurira abaturage kwirinda indwara y’igicuri : aba barwayi bafashijwe kwibumbira mu matsinda yo ku kubitsa no kugurizanya, guhabwa amatungo magufi.
· H&I itanga inkunga ya Frws muri Farumasi y’Akarere bityo Abarwayi bakahabwa imiti y’igicuri kuri MUSA.
L’ESPERENCE CHILDREN
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· Ubuhinzi : Gutegura pepiniyere z’ibiti by’imbuto, ibivangwa n’imyaka biterwa mu busitani bw’ishuri,ibindi bigahabwa abaturage baturiye ishuri ni naho abanyeshuri bimenyereza ibyerekeranye n’ubumenyingiro.
· Uburezi : TVET yigisha ibijyanye n’ubuhinzi
GLOBAL HELP TO HEALH
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· Kubaka ibyumba by’amashuri y’inshuke,abanza na’imyuga
· Kugaburira abarwayi badafite ababagemurira mu bitaro bya Kibuye
· Gufasha abana b’urubyiruko Murenge wa Bwishyura
· Kugabanya dropout
· Guteza imbere imyuga (TVET)
SWISS CONTACT
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge yose byibanda ku
· Kwongera umubare w’abiga imyuga
· Kubaka amashuri y’imyuga
· Amahugurwa y’igihe gito n’ay’igihe kirekire mu bijyanye n’imyuga
· Kwongera ireme ry’imyigire n’imyigishirize mu mashuri y’imyuga
· Kwongerera ubushobozi za TVT
ASSOCIATION ISANGANO
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge yose byibanda ku
· Gutangaza amakuru
· Gutanga ibiganiro binyuranye
· Gutanga ubujyanama mu by’amategeko n’ubuvugizi
CNFA/HINGA WEZE
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge ya Rugabano, Mutuntu, Gashari na Twumba byibanda ku
· Gufasha abahinzi kwagura ibijyanye numusaruro w’ubuhinze, kubafasha kubona inyongeramusaruro no kubahugura uburyo bita kumwaka nu guhinga bijyanye nigihe, kubumbira abahinzi mumatsinda.
· Gufasha abahinzi kubona isoko ry’umusaruro wabo muburyo biboroheye (Famer’s market access improved).
· Guhugura abahinzi no kwigisha indyo yuzuye no kumenya kuyitegura. Kurwanya imirire mibi (Nutrition outcome of agriculture interventions)
Amaterasi yakozwe na Hinga Weze
ASSOCIATION MWANA UKUNDWA (AMU)
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge Gashari, Rugabano na Murundi byibanda ku
· Bafasha abana b’imfubyi ndetse nabavukanye ubwandu bwa gakoko gatera SIDA : babigisha imyuba, babashyira mumatsind ayo kwiteza imbere bizigamira bituma bituma banabasha kwiyushyurira mutuelle, batanga ibikoresho by’ishuri, mbere banatangaga ibikoresho byatuma abana barangiza kwiga bagagatangira kwiteza imbere.
· Ubukangurambaga kubabyeyi babana bavukanye ubwandu
· Kwigisha abakobwa babyariye iwabo imyuga kugira ngo biteze imbere.
COMMUNAUTE DES DIACONEUSE/ RTSS
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu murenge wa Rubengera byibanda ku
· Kwigisha urubyiruko kubaza (gukora umusaruro uturuka mubiti) bijyanye n’umubaji ukenewe kwisoko
· Batanga akazi kubanyeshuri baharangije nibura batahise babona akazi
· Barateganya gutangiza ishami ryo gutanga ubumenyi ngiro k’urubyiro rw’igihe gito
· Bafite intego yo kugabanya ibituruka hanze bikomoka kugiti.
CHLDREN OF RWANDA
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu murenge wa Gishyita byibanda ku
· Kwishyura amafaranga y’ishuri n’ay’ifunguro ku bana 259 bakomoka mu miryango ikennye.
· Kwishyurira ubwisungane mu kwivuza abatishoboye
· Kurwanya imiririe mibi bigisha abaturage gukora uturima tw’igikoni, bahinga ibihumyo
FVA
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge ya GITESI na MURUNDI byibanda ku
· Kwigisha ubuzima bw’imyororokere,
· Kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina,
· Guhugura imiryango ifitanye amakimbirane, gukurikirana amatsinda y’abana babyariye iwabo.
KORA WIYUBAKE
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge ya Bwishyura, Gitesi na Rwankuba byibanda ku
· Social: kwishyurira imiryango itishoboye Mituweli
· Environment: gutera imigano ku nkengero z’imigezi
VSO
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge yose byibanda ku
· Amahugurwa ku isomo ry’icyongereza n’imibare no gutanga ibikoresho
DULT LITTERACY
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge yose byibanda ku
· Kwigisha abakuze gusoma, kwandika hakoreshejwe Uburyo bw’imihereho isanzwe (Social Approach)
AVSI
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge ya MUTUNTU na TWUMBA byibanda ku
· Kubaka ingo mbonezamikurire
CIRWA WAGISHIMBIRI & KIBILIZI
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge ya GASHALI na Ruganda ku
· Ubufasha bugaragara (Physical aid): guha abana imyambaro, ibikoresho by’isuku n’
· Sprirtual:kwigisha abana kwirinda icyaha
·
· Ubumenyi: kwishyurira abana minerval no kubaha ibikoresho by’ishuri n’amasomo y’inyongera ku bagaragaje intege nkeya mu myigire
·
· Ubuzima:kwishyurira abana mituweli no kuvuza abarwaye
· Imibanire: gukora amatsinda yo kwiteza imbere
Imibereho ijya imbere kandi ikura ni inzozi za buri muntu ku giti ke, umuryango, ibigo ndetse n’inzego za Leta. Ibi bikaba ari nako Akarere ka Karongi (nk’urwego rw’ibanze kabibona). Iterambere ridaheza kandi ryihuse mu byiciro byose by’ubuzima bw’umuturage ni intego y’Akarere.
Uretse Ibikorwa by’Iterambere bikorwa n’abaturage, ibikorwa n’Akarere ku mafaranga ava ku ngengo y’amri ya Leta, hari n’ibikorwa n’abafatanyabikorwa b’Akarere: Ibigo bya Leta, abikorera (PSF), Imiryango itari iya Leta (iyo mu gihugu na mpuzamahanga) ndetse n’abanyamadini,.
Ibi byose biba bigamije kuzamura ikigero cy’imibereho mu bukungu, imibereho n’imibanire. Abafatanyabikorwa b’Akarere ni benshi kandi bakora byinshi ikaba ari nayo mpamvu, iterambere mu bice byinshi rigenda rigerwaho.
Muri iyi nyandiko twagendereye bamwe mu bafatanyabikorwa batugaragariza ibyo bakora.
- GHH:
- CARITAS:
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· kurwanya isuri,
· Isuku n’Isukura(WASH)
· Amatsinda y’urubyiruko
· Guteza imbere imirire myiza binyuze mu buhinzi bw’imboga
· Kwishyura MUSA, gufasha abafite ubumuga ndetse n’abahuye n’ibiza
-
SGR: Sustainable Growers Rwanda
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· Guteza imbere ubuhinzi bwa kawa
SAIP
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· Kongera umusaruro w’Ubuhinzi
· Kuhira no kwita ku bikorwa remezo bisanzwe bikoreshwa mu kuhira
· Guteza imbere ubuhinzi bugamije amasoko
· Guhuza abahinzi n’amasoko
· Gufasha abahinzi kubona greenhouses bateza imbere ubuhinzi bukorewe ku butaka butoya
SNV/HORTINVEST
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· Gushyiraho imirima shuri ya ibihingwa bitandukanye mu cyanya cyuhirwa
· Gushishikariza abahinzi bo mu cyanya cyuhirwa uburyo bwo guhinga ibihingwa bitanga umusaruro no kuwuhunika mu gihe utegereje kugezwa ku isoko,
WORLD VISION INTERNATIONAL
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· Ibikorwa bifasha abana mu myigire n’ubuzima (kuvuzwa),
· Kurwanya imirire mibi,
ü gutanga matungo magufi ku miryango ikennye,
ü gutanga amazi meza,
lbyose bigamije kuzamura imibereho myiza y’abana.
ONE ACRE FUND/TUBURA
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· Gukora ubushakashatsi ku bihingwa bitandukanye kugira ngo birimo ibishyimbo, ibigori na soya.
· Gukora pepiniyeri z’ibiti by’imbuto n’ibivangwa n’imyaka bihabwa abaturage.
· Gutanga inyongeramusaruro ku ideni ku baturage bishyura buhoro buhoro
BIBE AMAHORO
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· Kurwanya ubukene : gufasha abaturage mu kwibumbira mu matsinda yo kubitsa no kugurizanya bagakora udushinga duto two kwiteza imbere.
· Uburinganire : Bigisha abatuarge kwimakaza ihame ry’’uburinganire n’ubwuzuzanye, kurwanya amakimbirane mu miryango ndetse n’ihohoterwa iryo ari ryo ryose.
HUMANITY AND INCLUSION
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· Gufasha no gukangurira abaturage kwirinda indwara y’igicuri : aba barwayi bafashijwe kwibumbira mu matsinda yo ku kubitsa no kugurizanya, guhabwa amatungo magufi.
· H&I itanga inkunga ya Frws muri Farumasi y’Akarere bityo Abarwayi bakahabwa imiti y’igicuri kuri MUSA.
L’ESPERENCE CHILDREN
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· Ubuhinzi : Gutegura pepiniyere z’ibiti by’imbuto, ibivangwa n’imyaka biterwa mu busitani bw’ishuri,ibindi bigahabwa abaturage baturiye ishuri ni naho abanyeshuri bimenyereza ibyerekeranye n’ubumenyingiro.
· Uburezi : TVET yigisha ibijyanye n’ubuhinzi
GLOBAL HELP TO HEALH
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa byibanda ku
· Kubaka ibyumba by’amashuri y’inshuke,abanza na’imyuga
· Kugaburira abarwayi badafite ababagemurira mu bitaro bya Kibuye
· Gufasha abana b’urubyiruko Murenge wa Bwishyura
· Kugabanya dropout
· Guteza imbere imyuga (TVET)
SWISS CONTACT
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge yose byibanda ku
· Kwongera umubare w’abiga imyuga
· Kubaka amashuri y’imyuga
· Amahugurwa y’igihe gito n’ay’igihe kirekire mu bijyanye n’imyuga
· Kwongera ireme ry’imyigire n’imyigishirize mu mashuri y’imyuga
· Kwongerera ubushobozi za TVT
ASSOCIATION ISANGANO
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge yose byibanda ku
· Gutangaza amakuru
· Gutanga ibiganiro binyuranye
· Gutanga ubujyanama mu by’amategeko n’ubuvugizi
CNFA/HINGA WEZE
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge ya Rugabano, Mutuntu, Gashari na Twumba byibanda ku
· Gufasha abahinzi kwagura ibijyanye numusaruro w’ubuhinze, kubafasha kubona inyongeramusaruro no kubahugura uburyo bita kumwaka nu guhinga bijyanye nigihe, kubumbira abahinzi mumatsinda.
· Gufasha abahinzi kubona isoko ry’umusaruro wabo muburyo biboroheye (Famer’s market access improved).
· Guhugura abahinzi no kwigisha indyo yuzuye no kumenya kuyitegura. Kurwanya imirire mibi (Nutrition outcome of agriculture interventions)
ASSOCIATION MWANA UKUNDWA (AMU)
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge Gashari, Rugabano na Murundi byibanda ku
· Bafasha abana b’imfubyi ndetse nabavukanye ubwandu bwa gakoko gatera SIDA : babigisha imyuba, babashyira mumatsind ayo kwiteza imbere bizigamira bituma bituma banabasha kwiyushyurira mutuelle, batanga ibikoresho by’ishuri, mbere banatangaga ibikoresho byatuma abana barangiza kwiga bagagatangira kwiteza imbere.
· Ubukangurambaga kubabyeyi babana bavukanye ubwandu
· Kwigisha abakobwa babyariye iwabo imyuga kugira ngo biteze imbere.
COMMUNAUTE DES DIACONEUSE/ RTSS
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu murenge wa Rubengera byibanda ku
· Kwigisha urubyiruko kubaza (gukora umusaruro uturuka mubiti) bijyanye n’umubaji ukenewe kwisoko
· Batanga akazi kubanyeshuri baharangije nibura batahise babona akazi
· Barateganya gutangiza ishami ryo gutanga ubumenyi ngiro k’urubyiro rw’igihe gito
· Bafite intego yo kugabanya ibituruka hanze bikomoka kugiti.
CHLDREN OF RWANDA
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu murenge wa Gishyita byibanda ku
· Kwishyura amafaranga y’ishuri n’ay’ifunguro ku bana 259 bakomoka mu miryango ikennye.
· Kwishyurira ubwisungane mu kwivuza abatishoboye
· Kurwanya imiririe mibi bigisha abaturage gukora uturima tw’igikoni, bahinga ibihumyo
FVA
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge ya GITESI na MURUNDI byibanda ku
· Kwigisha ubuzima bw’imyororokere,
· Kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina,
· Guhugura imiryango ifitanye amakimbirane, gukurikirana amatsinda y’abana babyariye iwabo.
KORA WIYUBAKE
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge ya Bwishyura, Gitesi na Rwankuba byibanda ku
· Social: kwishyurira imiryango itishoboye Mituweli
· Environment: gutera imigano ku nkengero z’imigezi
VSO
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge yose byibanda ku
· Amahugurwa ku isomo ry’icyongereza n’imibare no gutanga ibikoresho
DULT LITTERACY
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge yose byibanda ku
· Kwigisha abakuze gusoma, kwandika hakoreshejwe Uburyo bw’imihereho isanzwe (Social Approach)
AVSI
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge ya MUTUNTU na TWUMBA byibanda ku
· Kubaka ingo mbonezamikurire
CIRWA WAGISHIMBIRI & KIBILIZI
Ibikorwa by’uyu mufatanyabikorwa ukorera mu mirenge ya GASHALI na Ruganda ku
· Ubufasha bugaragara (Physical aid): guha abana imyambaro, ibikoresho by’isuku n’
· Sprirtual:kwigisha abana kwirinda icyaha
·
· Ubumenyi: kwishyurira abana minerval no kubaha ibikoresho by’ishuri n’amasomo y’inyongera ku bagaragaje intege nkeya mu myigire
·
· Ubuzima:kwishyurira abana mituweli no kuvuza abarwaye
· Imibanire: gukora amatsinda yo kwiteza imbere