ABAGIZE IHURIRO RY’UBUMWE N’UBUDAHEMUKA MU KARERE KA KARONGI BASHIMANGIYE KUBA UMWE
Ku wa 23 Ukwakira 2024, mu Cyumba cy'inama cy'Akarere ka Karongi habaye Inama y'Ihuriro ry’Ubumwe n’Ubudaheranwa ifite insanganyamatsiko igira…
VISI MEYA UMUHOZA ARASHIMIRA LETA Y’U RWANDA YITA KU BATURAGE B’AKARERE KA KARONGI
Umuyobozi w’Akarere ka Karongi Wungirije Ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu Umuhoza Pascasie ashima Guverinoma y’U Rwanda idahwema gushakira…
UBUYOBOZI BW’AKARERE BURIMO GUKURIKIRANA IKEMURWA RY'IBIBAZO BIBANGAMIYE IMIBEREHO MYIZA Y'ABATURAGE
Ku wa 06 Ukwakira mu Mirenge itandukanye y’Akarere ka Karongi harimo kubera ibikorwa byo gukurikirana ikemurwa ry'ibibazo bibangamiye Imibereho Myiza…
BWISHYURA: HABAYE INAMA Y’URUBYIRUKO RWARANGIJE AMASHURI RUDAFITE AKAZI
Ku wa 8 Ukwakira 2025, mu Murenge wa Bwishyura habaye inama y'urubyiruko rwarangije kwiga rudafite akazi( A2,A1,A0 na TVET) ndetse n'abikorera
Zimwe…
MINISITIRI W’UBUTEGETSI BW’IGIHUGU YASABYE KUTIBAGIRWA ABAGEZE MU ZA BUKURU MURI GAHUNDA ZA LETA
Mu Murenge wa Gishyita mu Karere ka Karongi kuwa kabiri tariki ya 07 Ukwakira 2025 habereye umunsi mpuzamahanga w’abageze mu za bukuru ku rwego…
ABAGIZE KOMITE ZO GUKUMIRA NO KURWANYA IMIRIMO IBUJIJWE KU BANA BAKOMEJE KONGERERWA UBUMENYI
Mu rwego rwo kunoza imikoranire no kwibukiranya inshingano za Komite zo gukumira no kurinda imirimo mibi ikoreshwa abana, mu mirenge itandukanye…
MEYA MUZUNGU YASABYE ABARANGIJE MURI KAMINUZA PUR KUBA UMUSEMBURO W’ITERAMBERE
Umuyobozi w’Akarere ka Karongi, Muzungu Gerald yitabiriye ibirori byo gutanga impamyabumenyi ku barangije mu mashami atandukanye muri Kaminuza…
MEYA MUZUNGU YASABYE ABATURAGE KWITANDUKANYA N’IBYAHUNGABANYA UMUTEKANO
Ku wa 2 Ukwakira 2025, Umuyobozi w’Akarere ka Karongi, Mr Muzungu Gerald ari kumwe n’abagize inama y’umutekano itagguye y’Akarere, Umunyamabanga…
AKARERE N’UMUFATANYABIKORWA ACTION AID BIYEMEZE GUFATANYA MU GUTEZA IMBERE ABATURAGE
Ku wa 2 Ukwakira 2025, mu cyumba cy’Inama cy’Akarere ka Karongi haberereye inama yahuje Ubuyobozi bw’Akarere n’Umufatanyabikorwa ACTIONAID.
Iyi nama…
URUBYIRUKO RUSAGA 400 RWO MU KARERE KA KARONGI RUGIYE GUFASHWA GUHANGA IMIRIMO MISHYA Y’UBUCURUZI
Urubyiruko rusaga 400 rwo mu Karere ka Karongi rugiye gufashwa guhanga imirimo mishya y’ubucuruzi hifashishijwe ikoranabuhanga, biciye mu mushinga…